Uyu munsi
Amakuru ava muri iki gihugu avuga ko vice perezida w’ishyirahamwe ry’umu[ira w’amaguru muri Angola yaje gutungurwa no kubona ko ikipe yaje yiganjemo abakiri bato bikaza no kwiyongera nyuma yo kubwirwa ko harimo abakinnyi 5 bakinnye igikombe cy’isi cy’abatarengeje imyaka 17 umwaka ushize.
Yagize ati”Kuki mutazanye ikipe nkuru mushobora kuzatuma abaturage bantuka nitubatsinda byinshi bati wadupfunyikiye amazi.”
Angola bivugwa ko yishyuye buri kimwe kugirango uyu mukino ukinwe kugeza no ku duhimbazamusyi(Prime) bityo ngo uyu mukino ube wafasha iyi kipe kwitegura neza imikino y’igikombe cy’Africa bazakina umwaka utaha.
Amakuru dukesha mugenzi wacu Mbarushimana Aimable umunyamakuru wa Flash Fm uri kumwe n’Amavubi ngo umutoza yizeye kwitwara neza kuri uyu mukino, ibi akaba yarabimutangarije nyuma y’imyitozo ya nyuma yo kuri uyu wa gatanu.
“Kuva natangira gutoza umupira w’amaguru mu myaka 20 ishize mporana ikizere mu kazi k’ubutoza bityo n’ejo nizeye ko akazi twakoze kazatubyarira umusaruro ku mukino na Angola”. Umutoza Micho
Uyu mukino urakinwa uyu munsi kuri Stade ya mbere mu gihugu cya Angola Estádio 11 de Novembro iyi yakira abantu ibihumbi 50 ukaza gutangira ku isaha ya saa kumi n’ebyiri zo mu Rwanda(18:00) zikaba saa 17:00 z’I Luanda.
Abakinnyi bashobora kuza kubanza mu kibuga:Ndoli Jean Claude, Rusheshangoga Michel,Fabrice Twagizimana, Emery Bayisenge, Ndaka Frederic,Mugiraneza Jean Baptiste Migi, Haruna Niyonzima, Iranzi Jean Claude, Ntamuhanga Tity Tumaine,Sina Jerome, Farouk Ruhinda.
- Angola vs Rwanda 18:00 Estádio 11 de Novembro
Amakuru ava muri iki gihugu avuga ko vice perezida w’ishyirahamwe ry’umu[ira w’amaguru muri Angola yaje gutungurwa no kubona ko ikipe yaje yiganjemo abakiri bato bikaza no kwiyongera nyuma yo kubwirwa ko harimo abakinnyi 5 bakinnye igikombe cy’isi cy’abatarengeje imyaka 17 umwaka ushize.
Yagize ati”Kuki mutazanye ikipe nkuru mushobora kuzatuma abaturage bantuka nitubatsinda byinshi bati wadupfunyikiye amazi.”
Angola bivugwa ko yishyuye buri kimwe kugirango uyu mukino ukinwe kugeza no ku duhimbazamusyi(Prime) bityo ngo uyu mukino ube wafasha iyi kipe kwitegura neza imikino y’igikombe cy’Africa bazakina umwaka utaha.
Amakuru dukesha mugenzi wacu Mbarushimana Aimable umunyamakuru wa Flash Fm uri kumwe n’Amavubi ngo umutoza yizeye kwitwara neza kuri uyu mukino, ibi akaba yarabimutangarije nyuma y’imyitozo ya nyuma yo kuri uyu wa gatanu.
“Kuva natangira gutoza umupira w’amaguru mu myaka 20 ishize mporana ikizere mu kazi k’ubutoza bityo n’ejo nizeye ko akazi twakoze kazatubyarira umusaruro ku mukino na Angola”. Umutoza Micho
Uyu mukino urakinwa uyu munsi kuri Stade ya mbere mu gihugu cya Angola Estádio 11 de Novembro iyi yakira abantu ibihumbi 50 ukaza gutangira ku isaha ya saa kumi n’ebyiri zo mu Rwanda(18:00) zikaba saa 17:00 z’I Luanda.
Abakinnyi bashobora kuza kubanza mu kibuga:Ndoli Jean Claude, Rusheshangoga Michel,Fabrice Twagizimana, Emery Bayisenge, Ndaka Frederic,Mugiraneza Jean Baptiste Migi, Haruna Niyonzima, Iranzi Jean Claude, Ntamuhanga Tity Tumaine,Sina Jerome, Farouk Ruhinda.
No comments:
Post a Comment