Ubuyobozi bwa Rayon Sports ku munsi w’ejo ni bwo bwari bwatangaje ko uyu mukino utakibaye ku wa gatatu ahubwo ko wazanywe ku wa kabiri kandi ukabera i kigali aho kubera i Nyanza ngo mu rwego rwo guha Noheri abanyamujyi.
Ibi ariko nkuko tubikesha urubuga rwa Internet rwa Ferwafa ngo byaje kwangwa n’ikipe ya Etincelles yahise yandikira Ferwafa ibamenyesha ko uyu mukino bazawukina igihe byari biteganyijwe nk’iyindi yose.
No comments:
Post a Comment